Ubukungu

Babujijwe kugurisha imyaka yabo mu Rwanda

Mu gihe umubano w’Uburundi n’Urwanda utifashe neza, ndetse hakanafatwa n’ibyemezo biwusubiza inyuma kurushaho, abaturage batangaza ko bibabaje, bikaba binateye n’impungenge n’ingaruka zizabikurikira. Nta murundi wemerewe kugurisha imyaka mu Rwanda. Ni icyemezo cyatangajwe na Visi-perezida wa kabiri…


Mu izamurwa ry’imishahara hari abibagiranye

Nk’uko bigenda no mu bindi bihugu, Leta y’Urwanda iranyuzamo, ikagena ihinduka ry’imishahara y’abakozi, kuko ubusanzwe imishahara ntiyakagombye kuguma uko iri mu gihe ku isoko ibiciro bihinduka. Ibiciro mu Rwanda byariyongereye cyane muri iyi myaka icumi…



Plugin for Social Media by Acurax Wordpress Design Studio
RSS
Follow by Email