Ubukungu



Hari abaturage bongeye gutegekwa kurandura imyaka yabo

Mu gihe mu Rwanda hakivugwa ikibazo gikomeye cy’inzara, hari abaturage bategetswe kurandura imyaka yabo. Abo ni abaturage bo mu majyaruguru mu karere ka Ngororero bategetswe kurandura ibirayi byabo nk’uko ejo babitangarije Radio Ijwi ry’Amerika (VOA)….



Inzara iravuza ubuhuha mu Rwanda, abayobozi bo bararuma gihwa!

Muri iyi nyandiko nahaye umutwe witwa ”INZARA IRAVUZA UBUHUHA MU RWANDA, ABAYOBOZI BO BAKARUMA GIHWA”, ndagirango nshimangire kandi nunganire umwari/umutegarugori Gatesire Théodette mu nyandiko ye y’ejobundi hashize, ku wa 15/08/2016, yasohotse kuri uru rubuga ”The…


Plugin for Social Media by Acurax Wordpress Design Studio
RSS
Follow by Email