Ni ba nde bashenye umuryango urengera ikiremwamuntu ”Liprodhor”, kubera iki? – Théobald Rutihunza afite igisubizo.
11/03/2020, Byakiriwe kandi byandikwa na Amiel Nkuliza. Turi ku wa 02 werurwe 2020. Ngeze mu mujyi wa Lyon ho mu gihugu cy’Ubufaransa. Muri uwo mujyi nkubitanye n’umugabo witwa Théobald Rutihunza. Azwi cyane nk’umuntu washinze bwa…