septembre 2016



Hari abaturage bongeye gutegekwa kurandura imyaka yabo

Mu gihe mu Rwanda hakivugwa ikibazo gikomeye cy’inzara, hari abaturage bategetswe kurandura imyaka yabo. Abo ni abaturage bo mu majyaruguru mu karere ka Ngororero bategetswe kurandura ibirayi byabo nk’uko ejo babitangarije Radio Ijwi ry’Amerika (VOA)….



Agahugu umuco, akandi uwako; demokarasi yo ni imwe

Ndababajije ni ryari mu Rwanda tuzagira Itangazamakuru rishobora kubiza ibyuya Perezida, batarishoreye n’imihini n’imbunda? Aha ni muri Gabon, nimurebe uko aba banyamakuru bacamo Bongo , uko bamunywesha amazi kuko babariza abaturage. Kwa Kagame ni we…


Social Media Integration by Acurax Wordpress Developers
RSS
Follow by Email