Umunyamakuru wa Radio Maria, Eric Udahemuka, arava imuzi n’imuzingo ibyo iyicwa ry’abihayimana i Gakurazo

©Photo: Eric Udahemuka, umunyamakuru wa Radio Maria akaba n'umwanditsi mukuru w'ikinyamakuru ISIMBI/UJRE

17/07/2018, Ikiganiro mwateguriwe kandi mugezwaho na Tharcisse Semana

Mu nyandiko iheruka yo ku wa 14 Nyakanga 2018, mushobora gufungura no kongera kwisomera (mukande aha hakurikira: Ukuri k’Ukuri: Umunyamakuru Eric Udahemuka, «Umuhamya-mboni» w’iyicwa ry’abasenyeri n’abihayimana i Gakurazo!) , twabasogongeje k’ubuhamya bw’umunyamakuru wa Radio Maria, Eric Udahemuka; tubasezeranya no kuzabagezaho ikiganiro kirambuye twagiranye nawe. Nk’uko «aho imfura zisezeraniye ariho zifurira», ubu rero umwanya ni uyu.

Ni muri uku «UKURI K’UKURI» aho uyu munyamakuru , Eric Udahemuka, atubwira uko itangazamakuru rihagaze ubu mu Rwanda, ubundi akatuvira imuzi n’imuzingo ku byo we ubwe yiboneye n’amaso ye ku iyicwa ry’abihayimana i Gakurazo.

Please follow and like us:
Animated Social Media Icons by Acurax Responsive Web Designing Company
RSS
Follow by Email