Ishyaka PDP-IMANZI rihagaze he ku kibazo cy’impindura-matwara mu Rwanda n’icyo kwibuka?

©Photo : Réseaux sociaux. Umuyobozi mukuru w'ishyaka PDP-IMANZI, Déo Mushayidi

04/04/2018, Ikiganiro mwateguriwe kandi mugezwaho na Tharcisse Semana

Mu kiganiro musanga mu nsi aha, Jean Damascène Munyampeta, aratanga imirongo migari y’aho ishyaka PDP-IMANZI abereye umunyamabanga mukuru, rihagaze kuri kibazo cy’impindura-matwara mu Rwanda.  Aragaruka kandi ku bibazo rusange byugarije abanyarwanda, yibanda cyane cyane ku kibazo cyo kwibuka n’icyo ubutaka.

 

Please follow and like us:
Animated Social Media Icons by Acurax Responsive Web Designing Company
RSS
Follow by Email