
14/01/2017, Ubwanditsi
Mu gihe umugogo w’umwami Kigeli V Ndahindurwa wagejejwe mu Rwanda tariki ya 09 Mutarama 2017, aho ugomba gutabarizwa tariki ya 15/01/2017, hari abo mu muryango we bifuzaga ko yashyingurwa i Fatima muri Portugal, abo bakaba barahahuriye mu mihango irimo n’amasengesho yo kumusabira. Muri bo harimo n’uherutse kugirwa umwami, akaba ari Emmanuel Bushayija Yuhi VI. Munsi hano, amajwi n’amashusho y’iyo mihango.
https://www.youtube.com/watch?v=ja1U5v35d0Q
https://www.youtube.com/watch?v=4ECN8iHwgm4