”U Rwanda mu gihirahiro” (bis), Ikigo kitiriwe (Institut) Seth Sendashonga

©Photo : Tharcisse Semana. Bruxelles, 02/06/2018. Jean Baptiste Nkuliyingoma, umuhuzabikorwa akaba n'umwe mu bashinze Ikigo kitiriwe (Institut) Seth Sendashonga.

22/06/2023, Ikiganiro ”Ukuri k’ukuri” mutegurirwa kandi mugezwaho na Tharcisse Semana.

Ikigo kitiriwe (Institut) Seth Sendashonga mu isibaniro ryo kandika amateka ya politiki y’U Rwanda: ”Twubakire amahoro aramye ku masomo y’amateka”. Ese koko ”U Rwanda ruri mu gihirahiro”? Ese koko ruri mu makorosi adasanzwe? Ku rugereranya igikamyo gishinga amazuru mu makoni kubera kubura umushoferi w’inararibonye no kutagira umuhanda ukoze neza kandi ufite ibyapa bisobanutse kandi bihagije birakwiye? Isesengura ryimbitse muri iki kiganiro ”Ukuri k’ukuri”.

Please follow and like us:
Social Network Integration by Acurax Social Media Branding Company
RSS
Follow by Email