Inama y’Umuryango w’ubumwe bw’Afrika yasojwe igeze kuki?
Kuva ku itariki ya 10 kugeza ku ya 18 Nyakanga 2016, i Kigali mu Rwanda hahuriye abakuru b’ibihugu by’Afrika, ndetse hanatumiwemo n’abandi banyacyubahiro, barimo n’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye Ban Ki-Moon. Bimwe mu byagombaga kugerwaho muri…