Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry’Urwanda gusa

Hari uwakumva iki kiganiro (musanga ku mpera y’iyi nyandiko), atazi aho Boniface Twagirimana aherereye akagira ngo ni umuntu uri i mahanga kubera uburemere bw’ingingo aganiraho n’umunyamakuru Gaspard Musabyimana n’uburyo  asubiza ibibazo bitakorohera buri wese. Uyu…




Inzara iravuza ubuhuha mu Rwanda, abayobozi bo bararuma gihwa!

Muri iyi nyandiko nahaye umutwe witwa ”INZARA IRAVUZA UBUHUHA MU RWANDA, ABAYOBOZI BO BAKARUMA GIHWA”, ndagirango nshimangire kandi nunganire umwari/umutegarugori Gatesire Théodette mu nyandiko ye y’ejobundi hashize, ku wa 15/08/2016, yasohotse kuri uru rubuga ”The…


Babujijwe kugurisha imyaka yabo mu Rwanda

Mu gihe umubano w’Uburundi n’Urwanda utifashe neza, ndetse hakanafatwa n’ibyemezo biwusubiza inyuma kurushaho, abaturage batangaza ko bibabaje, bikaba binateye n’impungenge n’ingaruka zizabikurikira. Nta murundi wemerewe kugurisha imyaka mu Rwanda. Ni icyemezo cyatangajwe na Visi-perezida wa kabiri…


Animated Social Media Icons by Acurax Wordpress Development Company
RSS
Follow by Email