Abo mu muryango we bafite impungenge ko yashimutiwe i Kigali n’inzego zishinzwe ubutasi
02/03/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Hashize ibyumweru birenga bibiri, umuryango wa Violette Rukundo ubuze irengero rye mu gihe yari i Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda. Bwa nyuma, uyu mutegarugori yavuganye n’umugabo we kuri telefoni igendanwa tariki…