Mu isesengura ry’igitabo ”Inzira y’ubutwari”, Jean Baptiste Nkuliyingoma arasoza atunga agatoki ”ishyano rihetse irindi” ryugarije Urwanda

03/06/2018, Ikiganiro mwateguriwe kandi mugezwaho na Tharcisse Semana.

Ku itariki ya kabiri z’uku kwezi kwa gatandatu, mu mujyi w’Ububiligi, i Bruxelles, hijihijwe ku nshuro ya makumyabiri umunyapolitiki Seth Sendashonga yishwe. Abantu barenga ijana bari babyitabiriye baturutse imihanda yose no mu moko yose y’abanyarwanda (abahutu, abatwa n’abatutsi).

Muri ibyo birori ”Institut Seth Sendashonga” yamuritse n’igitabo yise ”Inzira y’ubutwari”.

Mu isesengura ry’iki gitabo kiswe ”Inzira y’ubutwari”, Jean Baptiste Nkuliyingoma arasoza atunga agatoki ”ishyano rihetse irindi” ubu ryugarije Urwanda.

Please follow and like us:
Social Media Widget Powered by Acurax Web Development Company
RSS
Follow by Email