©Photo : Réseaux sociaux. Uwa mbere uvuye ibumoso: Fred Barafinda Sekikubo, ku wa 12 Kamena 2017, kuri Komisiyo y’igihugu y'amatora. Umukandida w'ishyaka “Rwanda revolutionary advisers 200 good causes/ Ishyaka nyarwanda riharanira ubumwe bw’abanyarwanda muri Demokarasi yihuse ku mpamvu nziza nyinshi 200”.
Posted By: umunyamakuru
26 janvier 2020
26/01/2020, Ikiganiro “Ukuri k’Ukuri” mutegurirwa kandi mukagezwaho na Tharcisse Semana.
”Abanyarwanda bababibyemo imisiri y’ubwoba n’umuco wo kuba inkomamashyi; niyo mpamvu kwigobotora ubutegetsi bw’igitugu bikiri kure nk’ukwezi”, Fred Barafinda Sekikubo
Please follow and like us: