Mu Rwanda abaturage batangiye kujomba agatoki ku bibazo nyabyo igihugu gifite. Urugero rwa Diane Rwigara.
24/02/2017, yateguwe n’Ubwanditsi Ntibisanzwe ko mu Rwanda umuturage atinyuka akavuga ibibazo nyabyo byugarije igihugu. Turabizi ko ubutegetsi buriho buhora bushakisha ubuvuga imyato, bukazira urunuka uwavuga aho bitagenda. Nyamara ni yo yakagombye kuba inzira nziza yo…