Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry’Urwanda gusa

Hari uwakumva iki kiganiro (musanga ku mpera y’iyi nyandiko), atazi aho Boniface Twagirimana aherereye akagira ngo ni umuntu uri i mahanga kubera uburemere bw’ingingo aganiraho n’umunyamakuru Gaspard Musabyimana n’uburyo  asubiza ibibazo bitakorohera buri wese. Uyu…




Inzara iravuza ubuhuha mu Rwanda, abayobozi bo bararuma gihwa!

Muri iyi nyandiko nahaye umutwe witwa ”INZARA IRAVUZA UBUHUHA MU RWANDA, ABAYOBOZI BO BAKARUMA GIHWA”, ndagirango nshimangire kandi nunganire umwari/umutegarugori Gatesire Théodette mu nyandiko ye y’ejobundi hashize, ku wa 15/08/2016, yasohotse kuri uru rubuga ”The…


Social Network Widget by Acurax Small Business Website Designers
RSS
Follow by Email