Rwanda/ubumwe n’ubwiyunge: imibare itangwa ishingiye kuki?
Ese abanyarwanda bariyunze kugeza kuri 94.7% nk’uko bivugwa ? Dukurikije ibitangazwa na Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda , 94 ,7% byo kwiyunga kwari kugamijwe n’iyo komisiyo kuva yashingwa , byagezweho. Ubwo byaba bishaka kuvuga ko hakiri gusa,…