Hafi buri kigo cyose cyo mu Rwanda Kagame yakigize icye bwite. Ni nde uzabasha kugira icyo abimubazaho?
12/01/2017, Ubwanditsi Iyi nyandiko ni iyo twahinduye tuyivanye ku yo Dr. David Himbara yanditse mushobora gusanga mu gipande cy’icyongereza kigaragara muri iki kinyamakuru. Uyu mugabo w’impuguke mu by’ubukungu, aragira ati: Perezida Kagame ayobora u Rwanda nk’ikigo…