Perezida Kagame yongeye kunenga bagenzi be bashyira imbere inyungu zabo bwite, aho kwita ku nyungu rusange
26/02/2017, yateguwe n’Ubwanditsi Perezida Paul Kagame yongeye kubwira bagenzi be b’abategetsi bakuru mu Rwanda ko badashishikarira gushyira mu ngiro gahunda n’imishinga yemejwe. Ibi yabivuze mu ijambo ritangiza umwiherero w’abayobozi, uba buri mwaka. Uyu ubaye ku…