Nyuma y’imyaka 15, yicecekeye, Jean Pierre Mugabe asohoye andi mabanga avanye mu bushakashatsi n’iperereza
24/04/2017, ubwanditsi Jean-Pierre Mugabe ni umunyamakuru wari umaze igihe kinini yicecekeye, ariko igitabo amaze gushyira hanze kirerekana ko hari icyo yari ahugiyeho. Nk’uko mubisanga munsi hano aratanga imirongo migari y’ibikubiye mu gitabo cye. Nubwo byinshi…