”Kwigobotora umuco wo kuba inkomamashyi niyo nzira yonyine nyakuri yazana demokarasi mu Rwanda”, Barafinda Fred

©Photo : Réseaux sociaux. Uwa mbere uvuye ibumoso: Fred Barafinda Sekikubo, ku wa 12 Kamena 2017, kuri Komisiyo y’igihugu y'amatora. Umukandida w'ishyaka “Rwanda revolutionary advisers 200 good causes/ Ishyaka nyarwanda riharanira ubumwe bw’abanyarwanda muri Demokarasi yihuse ku mpamvu nziza nyinshi 200”.

26/01/2020, Ikiganiro “Ukuri k’Ukuri” mutegurirwa kandi mukagezwaho na Tharcisse Semana.

”Abanyarwanda bababibyemo imisiri y’ubwoba n’umuco wo kuba inkomamashyi; niyo mpamvu kwigobotora ubutegetsi bw’igitugu bikiri kure nk’ukwezi”, Fred Barafinda Sekikubo

Please follow and like us:
Plugin for Social Media by Acurax Wordpress Design Studio
RSS
Follow by Email