Imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara, yatuma abategetsi b’u Rwanda bumva ijwi ry’usaba kurenganurwa?
22/01/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Ubusanzwe, mu gihugu kigendera ku mategeko, ntawarukwiye kurengana ngo anabure inzira cyangwa urwego rubishinzwe rwo kumurenganura. Ntibyakabaye ngombwa kugeza aho umuntu arinda kwiyemeza igikorwa cyo kwiyicisha inzara kugira ngo abantu bareke…