Diane Rwigara avuga ko yujuje ibisabwa byose nubwo Komisiyo itaremera kandidatire ye
30/06/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Mu kiganiro yagejeje ku banyamakuru, Diane Shima Rwigara yasobanuye ko buri kintu gisabwa yagitangiye impapuro zemewe ariko Komisiyo ikaba na n’ubu itaramushyize mu mubare w’abemerewe kuziyamamaza. Yasobanuye ko urwitwazo rwo…