Inama y’umushyikirano n’udushya twayiranze
UMUSHYIKIRANO 14: DUFATANYIJE TWUBAKE U RWANDA TWIFUZA. Yanditswe na Emmanuel Senga
UMUSHYIKIRANO 14: DUFATANYIJE TWUBAKE U RWANDA TWIFUZA. Yanditswe na Emmanuel Senga
Yanditswe na Emmanuel Senga Muri iki kinyamakuru “Umunyamakuru” hamaze gusohokamo inyandiko zigera kuri eshatu mu gihe cyegeranye cyane, kandi zose zigamije gukebura abanyarwanda ngo batekereze kurushsho icyakorwa ngo urugamba rwa demokarasi no kurengera uburenganzira bwa…
13/12/2016 Yanditwe na Tharcisse Semana Kuva tariki ya 23 Ugushyingo 2016 kugeza uyu munsi ku itariki ya 13 Ukuboza hashize iminsi makumyabiri yuzuye neza. Kuva kuri iyi tariki ya 23 Ugushyingo 2016 kugeza uyu munsi, nta…
13/12/2016 yanditswe na J.B. Rugamba Uyu munsi hanze aha hari amashyaka arenga mirongo itatu n’andi mashyirahamwe aharanira ko ibintu bihinduka mu Rwanda. Hashize igihe kinini abaturage hirya no hino mu gihugu bataka kubera imibereho mibi….
Yanditswe na Emmanuel Senga Uko u Rwanda ruyobowe muri iki gihe biteye impungenge: abari ku butegetsi barivuga ibigwi ko bateje imbere igihugu, abari hanze bagaya imiyoborere y’ubwo butegetsi barasanga bitinze ngo buveho, abaturage bo bahebeye…