Nguyu araje Byirukuganze
Umuvugo wanditswe na Muhamyanganji Mundeke nigabe mu Nganzo Se aho si hafi yo kuri Ngomba Aho ugera wuriye Kangomba Niko gutaha kwa Gihanga Agiye guhangirwa n’Abasinga Ngo asingire Ingoma y’Ubwami ; Ngiye mu bwiru bw’ingoma…