Uburenganzira bw’ikiremwamuntu bwagarutsweho cyane mu mihango yo kwibuka Patrick Karegeya mu Bubiligi
19/02/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Ni ku nshuro ya gatatu habaye imihango yo kwibuka nyakwigendera Koloneli Patrick Karegeya. Ni igikorwa cyateguwe na “Fondation Patrick Karegeya”. Uyu mwaka, iyi mihango yateguwe ku migabane yose y’isi….