Mu Rwanda, abaturage b’i Kigali bari gutaka batabariza benewabo bashimuswe bakanaburirwa irengero
07/06/2017, yanditswe na Jean-Claude Mulindahabi Nk’uko bitangazwa na Radiyo ijwi ry’Amerika, mu makuru yayo yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 07 Kamena 2017, hari abatuye mu mugi wa Kigali bafite agahinda n’ubwoba bwinshi bitewe…