Urubanza hagati y’ubutabera n’imyemerere gakondo…..!!!

30/08/2017, Ubwanditsi.

Mu myemerere y’abanyarwanda bemera ko hari abantu bafite ubumenyi n’ububasha bwihariwe mu kuvura indwara cyangwa se mu guterereza abandi ibyago n’amakuba (indwara z’ibisazi bidakira nko kuba ikigoryi/ikimara, gufatira abagabo ntibabe bashyukwa, kuzinga abakobwa bakagwa ku ziko, kubuzwa amajyo n’mahwemo n’abazimu n’ibindi…).

Kubera inzara ya NZARAMBA ikomeje kuyogoza uduce twinshi tw’igihugu, abitwa abayobozi bahakano ko nta nzara iri mu Rwanda, ubu hirya no hino mu gihugu hari abantu bashonje batangiye kwirara mu mirima y’abandi ngo babone baramuka. Mu rwego rwo kwicungira umutekano no kwirinda abajura mu mirima yabo, ubu hari bamwe mu baturage batangiye kuyoboka uburyo bwa gakondo bwo gufatira mu cyuho ababiba. Ubu buryo bwa gakondo bwo kwicungira umutekano, Leta ibufata nk’uburyo bwo kwihorera. Ubuhamya mu mashusho n’amajwi musanga hasi aha.

Please follow and like us:
Animated Social Media Icons by Acurax Responsive Web Designing Company
RSS
Follow by Email