Umuyobozi w’ikinyamakuru ”Intambwe”, Obed Ndahayo, muri ”kibuno mpa amaguru” nyuma yo gukora ku mugara w’intare….

Obed Ndahayo,Umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru »Intambwe ».

04/11/2017, Ikiganiro mwateguriwe kandi mugezwaho na Tharcisse Semana

Umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru ”Intambwe”, Obed Ndahayo, aremeza ko mu Rwanda utinyutse gutunga agatoki cyangwa gukora ku mugara w’intare (FPR na Paul Kagame), agomba no kuba yiteguye  ko yamumira bunguri… Nyuma y’umutontomo wayo, iyo ukomeje  gutinda mu makona, ushobora kwibona mu mikaka y’urwasaya rwa yo.

Uyu munyamakuru Obed Ndahayo, aragira ati: ”Hagati y’urupfu n’ubuzima, nahisemo ubuzima; niyo mpamvu nafashe icyemezo cyo guhunga”. Muri iki kiganiro aratubwira uko yakoze ku mugara w’iyo ntare n’uko yashoboye kuyinyura mu irihumye….

Please follow and like us:
Social Media Icons Powered by Acurax Web Design Company
RSS
Follow by Email