Perezida Kagame ati: “ibyo nari narabuze aho mbivugira, mbivugira hano”, … mu giterane cy’amasengesho

Perezida Paul Kagame ageza ijambo ku bantu basaga 700 bari bitabiriye igiterane cy'amasengesho muri KCC, tariki ya 15/01/2017. Ifoto (c) Izuba

16/01/2017, Ubwanditsi

Mu ijambo rye, tariki ya 15/01/2017, mu giterane cy’amasengesho (bita national prayer breafast) muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame yavuze ko umwaka w’2016 wagenze neza kurusha iyindi, ndetse yongeraho ko uw’2017 nta gushidikanya ko uzaba mwiza na wo. Paul Kagame ntiyahishe ko muri icyo giterane, anaboneraho umwanya wo kuvuga ibyo atari yarabonye uko avugira ahandi.

Please follow and like us:
Social Media Integration by Acurax Wordpress Developers
RSS
Follow by Email