Nk’uko mubisanga mu kiganiro kiri ku mpera z’iyi nyandiko, muri kaminuza ya Havard, muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, ku itariki ya 26 Gashyantare 2016, umunyeshuri yabajije perezida Kagame impamvu yiyemeje kuguma ku butegetsi nyuma ya…
Umwaka w’2015 wabayemo byinshi. Muri byo, ntawakwirengagiza ko imibare ivuga ko ubukungu mbumbe bw’Urwanda bwiyongereye hagati ya 6 na 7 %. Gusa, umuturage ku giti cye aracyari mu bukene, buri wese ntabasha kwihaza mu biribwa…
Nk’uko bigenda no mu bindi bihugu, Leta y’Urwanda iranyuzamo, ikagena ihinduka ry’imishahara y’abakozi, kuko ubusanzwe imishahara ntiyakagombye kuguma uko iri mu gihe ku isoko ibiciro bihinduka. Ibiciro mu Rwanda byariyongereye cyane muri iyi myaka icumi…
Ishyaka Ishema ry’Urwanda rikomeje gushimangira ko rigiye gukorera politiki mu Rwanda. Hari abasanga muri iki gihe bitoroshye ku batavugarumwe n’ubutegetsi gukorera politiki imbere mu gihugu. Abo babihera ku ngero z’ababigerageje, bamwe muri bo, ubu bakaba…