Depite Jean Mbanda yatangaje ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda. Ni iki gishya azanye muri politiki ?
26/03/2017, Ubwanditsi Mu gihe muri Kanama uyu mwaka mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika, undi munyarwanda amaze gutangaza ko azahatanira uwo mwanya. Uwo ni Depite Jean Mbanda. Yabaye intumwa y’abenegihugu mu Ntekonshingamategeko kuva…