Mu ijambo risoza uw’2016, P. Kagame ati: “ni uburenganzira bwa buri wese gusaba ibisobanuro aho umuntu atanyuzwe”

Paul Kagame, perezida w'u Rwanda, tariki 31/12/2016. Ifoto (c) Paul Kagame youtube

01/01/2017, Ubwanditsi

Nk’uko bisanzwe mu mpera za buri mwaka, umukuru w’igihugu avuga ijambo rijyanye n’uwo munsi. Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, na we yagejeje ku banyarwanda ijambo ribifuriza umwaka mushya muhire w’2017. Nk’uko kandi mubisanga hano munsi, yavuze ko abona hari ibyiza byagezweho mu mwaka ushize w’2016, anavuga ko asanga hakwiye no guterwa indi ntambwe. Paul Kagame yanavuze ko ari uburenganzira bwa buri wese gusaba ibisobanuro aho atanyuzwe, ndetse ko buri wese ashobora no gutanga inama z’uko ubona ibintu bikwiye gukorwa, kugira ngo bibe byiza kurushaho.

Ijambo rya Paul Kagame:

Please follow and like us:
Animated Social Media Icons by Acurax Wordpress Development Company
RSS
Follow by Email