Itangazamakuru mu Rwanda rikomeje gukorera ku munigo: Umunyamakuru Besabesa Mivumbi Etienne nawe yafashe inzira y’ubuhungiro…

Umunyamakuru Mivumbi Basabesa Etienne

13/11/2017, Ikiganiro mwateguriwe kandi mugezwaho na Tharcisse Semana

Mu Rwanda ikibazo cy’ihunga rya hato na hato ry’abanyamakuru gikomeje gufata indi ntera. Nyuma y’ihunga ry’umuyobozi w’ikinyamakuru Intambwe, Obed Ndahayo, ubu hari n’abandi bafashe inzira y’ubuhungiro. Muri abo twashoboye kumenya kandi twabashije kuganira nabo harimo umunyamakuru Besabesa Mivumbi Etienne. Mu kiganiro gito twagiranye musanga hasi aha, aragaruka k’uburyo abanyamakuru babayeho mu Rwanda, k’umwuka bakoreramo n’impamvu zituma abanyamakuru mu Rwanda bakomeza guhunga…

 

Zimwe mu nkuru Besabesa Mivumbi Etienne yakoze, kandi avuga ko azira harimo iyi iri hasi:

Please follow and like us:
Social Network Integration by Acurax Social Media Branding Company
RSS
Follow by Email