Frank Habineza mu mukino w’ingirwa-matora ya perezida wa Repubulika akomeje gutanga abagabo

Amatora 2017: Frank Habineza mu umuhango wo kwiyamamaza i Rulindo

19/07/2017, ikiganiro ku makuru ku matora mwateguriwe na Tharcisse Semana

Nyuma y’uko ukwiyamamaza kwe kuburijwemo i Nyagatare aho ubuyobozi bw’ako karere bwamugeneraga kwiyamamariza mu nkengero z’ahashyinguwe abantu (mu irimbi); nanyuma y’i Kibungo aho hamwe nahamwe hakoreshejwe abana bo mu mashuli mu ku mukwena, ubu Frank Habineza mu mukino w’ingirwa-matora ya perezida wa Repubulika arongera gutanga abagabo i Rulindo, muri Vunga n’i Nyabihu.

Umva uko atubwira ibyamubayeho n’aho ubu ahagaze.

Please follow and like us:
Plugin for Social Media by Acurax Wordpress Design Studio
RSS
Follow by Email