Nunganire Amiel Nkuliza ku kibazo cy’imibanire y’abahutu n’abatutsi mu masezerano ya ARUSHA.
08/12/2020, Yanditswe na Nkuliyingoma Jean Baptiste Mfashe akanya kugirango nunganire umunyamakuru Amiel Nkuliza mu nyandiko aherutse gutangaza, akaba yarayihaye iyi nyito: « Gupfukirana ukurikw’amateka yacu bimariye iki abayobozi ba Rwanda Bridge Builders?» Kanda hano ufungure…