Amateka n’umuco: abanyarwanda bibuka(ga) bate? Igice cya kabiri

Ikarita y'U Rwanda mu gihe cya Repubilika ya II igihe hakoreshwaga inyito ya ''perefegitura''

01/05/2017, Yanditswe na Tharcisse Semana

U Rwanda ubu ruribuka ku nshuro ya 23 amahano ndengakamere  yabagwiririye muri 1994. Ayo mahano ndengakamere yiswe mu ndimi z’amahanga ”Génocide”. N’ubwo ubu iyo nyito yagiye ihindagurika kubera impamvu za politiki, ntibikwiye ko tureka kwibaza uburyo abanyarwanda bibuka mu mateka yabo n’uburyo babikora/ga. Muri iki gice cya kabiri cy’iki kiganiro Nsabimana Evariste wahoze ari umunyamakuru kuri Radio Rwanda na Joseph Mutarambirwa uharanira kwimakaza intaro ya cyami igendera ku itegeko-nshinga baradufasha gusesengura uburyo ubu bikorwa ugereranyijye n’uko byakorwaga mbere y’umwaduko w’abazungu no mugihe cya gikoloni.

 

 

 

 

Please follow and like us:
Animated Social Media Icons by Acurax Wordpress Development Company
RSS
Follow by Email