juillet 2016


2015, umwaka udasanzwe, wasojwe n’ijambo ridasanzwe

Umwaka w’2015 wabayemo byinshi. Muri byo, ntawakwirengagiza ko imibare ivuga ko ubukungu mbumbe bw’Urwanda bwiyongereye hagati ya 6 na 7 %. Gusa, umuturage ku giti cye aracyari mu bukene, buri wese ntabasha kwihaza mu biribwa…


Mu banyarwanda hari abagiye gutakaza imitungo yabo?

Abafite imitungo mu Rwanda bagomba kongera gusaba icyemezo bundi bushya? Bakibura bagatakaza ibyabo? Iryo tegeko mwarisoma ku mpera z’iyi nyandiko. Mu kiganiro musanga ku musozo murumva impungenge zisobanurwa n’impuguke mu mategeko Docteur Innocent Biruka na…


Mu izamurwa ry’imishahara hari abibagiranye

Nk’uko bigenda no mu bindi bihugu, Leta y’Urwanda iranyuzamo, ikagena ihinduka ry’imishahara y’abakozi, kuko ubusanzwe imishahara ntiyakagombye kuguma uko iri mu gihe ku isoko ibiciro bihinduka. Ibiciro mu Rwanda byariyongereye cyane muri iyi myaka icumi…



Social Network Widget by Acurax Small Business Website Designers
RSS
Follow by Email